Ubutegetsi bw’i Kampala bwarangije gushyiraho urutonde rw’ibicuruzwa bwo muri Kenya budashaka ko bikandagira ku isoko rya Uganda. Birimo ibikoresho by’ibanze bikenerwa mu nganda ndetse n’ibicuruzwa bikomoka...
Mu mwaka wa 2013, Banki y’Isi yatangaje ko 80% by’ubukungu bw’u Rwanda icyo gihe bwari bushingiye ku buhinzi, kandi ubu buhinzi bwari bufite 39% by’umusaruro mbumbe...
Abaturage bo mu Mirenge ya Busasamana na Bugeshi mu Karere ka Rubavu bafite impungenge nyinshi, nyuma y’imvura ivanze n’urubura yaguye mu cyumweru gishize ikangiza imyaka yabo...
Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi Dr Géraldine Mukeshimana avuga ko Guverinoma y’u Rwanda itazaha nkunganire abahinzi bazatumiza imbuto hanze kandi ngo u Rwanda mu gihembwe cy’ihinga A ntizatumiza...
Abaturage bo mu Murenge wa Ruheru mu Karere ka Nyaruguru bavuga ko nyuma y’ibitero byavaga mu Burundi bikababuza amahwemo ndetse bamwe bakicwa, ubu babayeho neza, bejeje...