Urukiko rw’ibanze rwa Nyagatare rwanzuye ko CG(Rtd) Emmanuel Gasana afungwa iminsi 30 y’agateganyo. Hari mu isomwa ry’urubanza Emmanuel Gasana aregwamo gukoresha ububasha ahabwa n’amategeko mu nyungu...
Umusore w’imyaka 22 wo mu Mudugudu wa Ngororero, Akagari ka Kabeza, Umurenge wa Ngorerero aherutse gusanganwa mudasobwa yakoreragaho ikizamini cy’uruhushya rw’agateganyo cy’undi muntu. Hari ahagana saa...
Ubutabera bw’Ubushinwa bwategetse ko John Leung usanzwe ari Umunyamerika ariko akaba aba muroi Hong Kong afungwa igihe kingana n’imyaka asigaje kubaho nyuma yo kumuhamya ibyaha by’ubutasi...
Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwatangaje ku mugaragaro urutonde rw’abantu 322 bahamijwe n’inkiko ku buryo budasubirwaho, ibyaha byo gusambanya abana no gukoresha abantu bakuru imibonano mpuzabitsina ku gahato....
Yvonne Idamange Iryamugwiza wari umaze iminsi aburana urukiko rukuru rwamuburanishaga rumuhamije ibyaha byose yarezwe n’Urukiko runamukatira gufungwa imyaka 15. Idamange yaburanishijwe adahari kuko yivanye mu rubanza...