Abagabo babiri bo muri Uganda bari gukurikiranwa na Polisi nyuma y’uko hari umuntu uherutse guterwa icyuma mu rubavu ubwo yari aje gukiza abafana besuranaga hasi nyuma...
Yitwa Etienne Ndayiragije akaba yari asanzwe ari umutoza wa Bugesera FC. Yasinyiye gutoza Ikipe y’igihugu y’u Burundi Amasezerano Etienne Ndayiragije yari afitanye na Bugesera FC yarangiye...
Umunyezamu w’ikipe y’Igihugu [Amavubi], Ndayishimiye Eric wamamaye ku izina rya Bakame yaraye asinyiye kujya gukinira Bugesera FC. Yari amaze iminsi yifatanya mu myitozo n’abandi bayikiira. Yari...
Héritier Luvumbu Nzinga ni umukinnyi mushya Rayon Sports yazanye. Ubwo yageraga ku kibuga cy’indege cya Kigali yavuze ko aje yiyemeje gufatanya na bagenzi be kugira ngo...
Itangazo iyi kipe yasohoye rivuga ko mu minsi mike ishize, hari abakinnyi bayo b’abagore basuye u Rwanda. Abo ni Jen Beattie, Caitlin Foord, Katie McCabe na...