Hazaba ari ku wa Mbere Taliki 25, Nzeri, 2022 ubwo abayobozi b’ibihugu byo mu Muryango w’Abibumbye bigera ku 193 bazahurira i New York ngo basuzumire hamwe...
Perezida Paul Kagame yasabye abitabiriye Inama mpuzamahanga yiga uko ibyo gutwara abantu n’ibintu mu ndege byakoroshywa, ko bagomba kureba uko ibihugu by’Afurika byashyira mu bikorwa amasezerano...
Ni ibyemezwa n’ubuyobozi bw’Inama y’Igihugu y’abagore. Buvuga ko bimwe mu byugarije abagore bo muri Afurika muri iki gihe ari ingaruka z’imihagurikire y’ikirere. Yabivugiye mu kiganiro n’itangazamakuru...
Abaturage b’u Bwongereza barasa n’abiruhukije kubera ko ubushyuhe bwari bumaze iminsi bubarembeje bwasimbuwe n’imvura nyinshi irimo inkuba n’umuyaga. Icyakora abashinzwe iteganyagihe bavuga ko hakiri kare ngo...
Abatuye imijyi irenga 10 mu Bushinwa bari mu kaga ko kwicwa n’umwuma kubera ko ikirere kirimo ubushyuhe bwinshi cyane. Ni ubushyuhe burengeje 40C. Abaganga bavuga ko...