Umushyikirano w’umwaka wa 2023 ubaye hari hashize imyaka ibiri utaba kubera ibibazo COVID-19 yateje. Waranzwe n’ibintu byinshi ariko bishingiye ku bibazo n’ibitekerezo byatanzwe n’abawitabiriye ku munsi...
Perezida w’u Bushinwa Xi Jinping yabwiye itsinda ry’inararibonye mu ishyaka riyoboye u Bushinwa ko iki gihugu kigomba gushyiraho uburyo buhamye bwo kwihaza mu ikoranabuhanga ry’ubwoko bwose....
Abayobozi mu nzego z’imibereho myiza cyane cyane iyifatanye isano ya hafi n’abagore bemeza ko kuba Abanyarwandakazi bakoresha ikoranabuhanga bakiri bake, bibadindiza mu iterambere. Kuba ari bake...
Minisitiri w’ikoranabuhangana na inovasiyo Paula Ingabire avuga ko kugeza ubu Abanyarwanda benshi bafite telefoni zigendanwa kuko bangana na 82% muri bo abangana na 30% bakaba bafite...
Umufaransa witwa Bernard Jean Étienne Arnault niwe wasimbuye Umunyamerika Elon Musk ku mwanya w’umuntu ukize kurusha abandi batuye isi. Arnault asanganywe ibigo 70 bikora imyenda n’imibavu,...