Ku nshuro ya mbere, muri Afurika habereye inama mpuzamahanga yiga uko ikoranabuhanga rigendanwa ryakomeza gutezwa imbera ku isi no muri Afurika by’umwihariko. Perezida Kagame yavuze ko...
Airtel Rwanda yashyize ku isoko icyuma gitanga murandasi kitwa Airtel Pocket WIFI Pro kigurwa Frw 25,000. Ni ikiguzi kiza kubera ko mbere iki gikoresho cyagurwaga FRW...
Ubuyobozi bwa Canal + Rwanda bwaraye bukoresheje ibirori byo gutangaza k’umugararo ko ubu ikigo Zacu TV ari icya Canal + Rwanda kandi ko kigiye kujya cyerekana...
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yasuye mugenzi we uyobora Singapore witwa Madamu Halimah Yacob uyobora Singapore baganira uko umubano w’ibihugu byombi wakomeza kuzamurwa. Kuri Twitter y’Ibiro...
Perezida Kagame yitabiriye umuhango wo gusinya amasezerano hagati ya Kaminuza y’u Rwanda na Kaminuza yigisha ikoranabuhanga iri mu zikomeye muri Singapore. Ni Kaminuza yitwa Nanyang Technological...