Perezida Kagame yakiriye Prof. Dr Guillaume Marescaux uyobora Ikigo gikora ubushakashatsi kigatanga n’amasomo mu kubaga umuntu hifashishijwe ikoranabuhanga (IRCAD Africa). Yari kumwe n’intumwa yaje ayoboye. Ibiro...
Kuva Elon Musk afata Twitter ngo ayiyobore, imaze guhomba miliyari £20 ku yo yari yiteze kuzunguka. Ubwe aherutse kubwira abakozi be ko mu kigega cya Twitter...
Ikoranabuhanga rigezweho muri iki gihe riri gukora uko rishoboye ngo hakorwe imashini zitanga amashanyarazi akomoka ku muyaga azajya atwara ubwato. Abahanga bavuga ko ubwato bugezweho muri...
Perezida Kagame avuga ko hari ibintu bitatu u Rwanda rukeneye kugira ngo rukomezze gutera imbere: Ibyo ni abantu, ikoranabuhanga no guhanga udushya. Hari mu kiganiro yahaye...
Ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wahariwe umugore, mu Karere ka Nyagatare habereye umuhango wo kuwizihiza ku rwego rw’u Rwanda. Abanyarwandakazi bavuga ko ikoranabuhanga mu itumanaho ryabafashije kugera...