Inzego z’ubuzima, abayobozi b’ibigo nderabuzima n’abandi bafite aho bahuriye n’ubuzima banyomojwe n’ubuyobozi bw’Ikigo cy’igihugu gishinzwe imikurire no kurengera umwana (NCDA) ubwo bavugaga ko nta mwana wagaragaje...
Muri Mutarama, 2022, abatuye u Rwanda bari abantu Miliyoni 13.44. Abenshi ni ab’igitsina gore kuko bangana na 50.8% mu gihe ab’igitsina gabo ari 49.2%. Mu ntangiriro...
Akarere ka Nyabihu hahoze ari aka mbere gafite abana bagwingiye. Icyakora ubu kishimira ko kavuye kuri uyu mwanya, ukaba warasigawe n’Akarere ka Ngororero. Ngororero ifite ijanisha...
Ubuyobozi bw’ikigo gishinzwe Mine, Peteroli na gazi buvuga ko bibabaje kuba 40% by’amabuye y’agaciro acukurwa mu Rwanda ari yo atunganywa akanagurishwa, mu gihe 60% by’ayo yangirika....
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubwiteganyirize, RSSB, cyatangaje ko Akarere ka mbere gafite abaturage biteganyirije muri Gahunda ya Ejo Heza ari benshi kurusha abandi ari Gakenke. Abatuye Gakenke...