Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu Umuyobozi wa APR F.C Lt Gen Mugamga Mubarakh yaraye akurikiranye imyitozo y’iyi kipe. Yabwiye abakinnyi ko bagomba kwitegura umukino...
Umufaransa Thomas Bonnet ukinira ikipe ya Total Energies niwe umaze kwegukana agace ka Musanze-Karongi kareshya na Kilometero 138,3. Agatwaye akurikira Umunya Eritrea witwa Henok Mulubrhan wegukanye...
Kubera ko imwe mu nshingano zayo ari ugutsimbataza umudendezo rusange, Polisi irasaba abafana b’amakipe yo mu Rwanda kugarura umuco wo kwihanganirana, ntibarwane cyangwa ngo babwirane amagambo...
Mu buryo bwiswe ko ari ‘agateganyo’, ubuyobozi bwa Sunrise bwahagaritse umutoza mukuru w’iyi ikipe witwa Seninga Innocent. Yahagarikanywe n’uwari umwungirije Bibaye nyuma y’ukoiyi kipe itsinzwe na...
Komisiyo ya FERWAFA ishinzwe gutegura amarushanwa yatangaje ko italiki yo gutangiriraho imikino y’amajonjora mu gikombe cy’amahoro yimuwe. Yashyizwe taliki 14, Gashyantare, aho kuba taliki 07, Gashyantare,...