Mu gihe imodoka zikoresha amashanyarazi zikomeje kuba imari ishyushye ku isi, iziresha umwuka wa hydrogen zo zatangiye kubura aho zizajya zijya gushyirishamo undi kubera ko stations...
Ishami ry’Umuryango w’abibumbye ryita ku bana, ishami ry’u Rwanda, ryatangaje ko ryatangiye gukoresha imodoka zikoresha amashanyarazi mu rwego rwo gufasha mu kugabanya ibyuka bihumanya ikirere. Ku...
Ibigo bitwara abagenzi bigera kuri 26 bivuga ko hari Miliyari Frw 8 Guverinoma y’u Rwanda yabambuye kandi yaragomba kuyabishyura kugira ngo bazibe icyuho batewe n’uko Leta...
Polisi y’u Rwanda yabwiye RBA ko hari bamwe bajya gukora ikizamini cyo gutwara ibinyabiziga batarabanje kubyigira bihagije. Bajyayo bagiye ‘kugerageza amahirwe’. Byatangajwe n’Umuvugizi wa Polisi y’u...
Abibwira ko amafaranga Elon Musk acuruza yose ari aye ku giti cye nk’uko ingingo z’umubiri we ari ize ku giti cye, baribeshya! Afite abandi banyamigabane bashoye...