Saa munani n’iminota 40 z’amanywa yo kuri uyu wa Kane Taliki 12, Mutarama, 2023, imodoka ifite pulake CGO 9428AC22 yatobotse ipine ita umuhanda igonga umugabo witwa...
Ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda bwerekanye abantu batandatu barimo abapolisi bane bakurikiranyweho kwaka no kwakira amafaranga y’abakandida bashakaga uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga batigeze bakorera. Ku cyicaro...
Mu gihe imodoka zikoresha amashanyarazi zikomeje kuba imari ishyushye ku isi, iziresha umwuka wa hydrogen zo zatangiye kubura aho zizajya zijya gushyirishamo undi kubera ko stations...
Ishami ry’Umuryango w’abibumbye ryita ku bana, ishami ry’u Rwanda, ryatangaje ko ryatangiye gukoresha imodoka zikoresha amashanyarazi mu rwego rwo gufasha mu kugabanya ibyuka bihumanya ikirere. Ku...
Ibigo bitwara abagenzi bigera kuri 26 bivuga ko hari Miliyari Frw 8 Guverinoma y’u Rwanda yabambuye kandi yaragomba kuyabishyura kugira ngo bazibe icyuho batewe n’uko Leta...