Umuyobozi mu bitaro bya Faysal ushinzwe abakozi witwa Dr Augustin Sendegeya yavuze ko imibare ibereka ko abagana ibi bitaro baje kwivuza impyiko kandi bigaragara ko zangiritse...
Abaganga bo muri Kaminuza ya New York bahaye umuntu impyiko bavanye mu ngurube, bituma aba umuntu wa mbere mu mateka uhawe inyama ivuye mu kindi kinyabuzima...
Ubuyobozi bw’Ibitaro Byitiriwe Umwami Faisal bwatangaje ko biri mu myiteguro yo gutangiza serivisi zo gusimbura impyiko, nk’imwe muri serivisi Abanyarwanda benshi bajya gushakira mu mahanga kandi...