Kuri Twitter hari video yahashyizwe n’ubuyobozi bw’uruganda BioNTech rwo mu Budage ivuga ko ibisanduku bitandatu bigize icyiciro cya mbere cy’ibyumba bizaba bigize uruganda rw’inkingo rugiye kubakwa...
Mu Karere ka Ngororero haravugwa indwara abantu bahimbye Tetema ikaba yibanda ku bakobwa. Iravugwa mu kigo cy’amashuri kitwa College Amizero Ramba. Ubuyobozi bw’iri shuri buvuga ko...
Abaganga baherutse gusangana umuhanzikazi wo muri Canada witwa Céline Dion indwara idakunze kugaragara mu bantu bita Stiff Person Syndrome (SPS). Ni indwara yibasira ibice by’ubwonko bikorana...
Mu bihugu bikize bari mu byishimo nyuma y’uko ikigo Biogen gitangaje ko cyakoze umuti wari umaze imyaka myinshi ukorerwaho ubushakashatsi ngo uzafashe ubwonko bw’abantu bageze mu...
Urwego rw’ubuzima muri Uganda rwatangaje ko abantu barindwi bamaze gusuzumwa basanganwa ubwandu bwa Ebola. Kugeza ubu umwe niwe imaze guhitana. Mu gihe hari barindwi byemejwe ko...