Ababyeyi bo mu Karere ka Nyamasheke bamaze igihe babwirwa ko kugira ngo umwana ave mu igwingira ari ngombwa ko ahabwa indyo nzima, akarindwa umwanda kandi yarwara...
Abahanga mu miterere n’imikorere y’umubiri bavuga ko cancer ziterwa n’uko imikorere y’uturemangingo fatizo ihindura uko yakoraga, igatangira gukora mu buryo budasanzwe, urugingo bibereyemo rukarwara. Biterwa akenshi...