Mu rwego rwo gushimira abaturage kubera uruhare bagize mu gukurikiza amabwiriza yo kwirinda COVID-19 bakabishishikariza n’abandi baturanye mu Mujyi wa Kigali, Polisi y’u Rwanda iraha abaturage ...
Amakuru ava mu Murenge wa Mpanga mu Karere ka Kirehe aravuga ko hari inka 13 z’umukecuru witwa Léoncie Mukansonera zapfiriye rimwe zigeze mu murima w’amasaka. Bivugwa...
Abaturage bo mu Turere twa Rutsiro, Ngororero, Nyabihu na Rubavu bavuga ko hari igikoko gituruka muri Pariki ya Gishwati-Mukura kica inyana zabo. Kugeza ubu kimaze kwica...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Musanze yafashe abantu barindwi bakekwaho ubujura bw’inka, bakabanza kuzihisha mu nzu mu buryo bwo kuyobya uburari, nyuma bakazazibaga. Ku...
George Safari ni umuturage wo mu Karere ka Nyagatare umaze iminsi ku mbuga nkoranyambaga mu mashusho yafashe mu ijosi umwe mu ba DASSO. Mu rukiko yaraye...