Inyongezo yahawe MTN Rwandacell Plc ngo ibe yakemuye ibibazo biri mu itumanaho ryayo ikomeje gusatira umusozo, ndetse kubera birantenga, iki kigo kigeze nibura kuri 60% cyubahiriza...
Ikigo gikomeye mu ikoranabuhanga ‘Google’ cyatangaje ko kigiye gushora miliyari $1 mu guteza imbere ikoranabuhanga muri Afurika, binyuze mu mushinga ukomeye wo gukwirakwiza internet yizewe kandi...
Imibare yatangajwe n’ikigo cy’Abongereza gikora ubushakashatsi mu by’ikoranabuhanga, Cable, igaragaza ko u Rwanda ruri ku mwanya wa kabiri mu karere mu kugira internet ihendutse, n’uwa 70...