Taliki 06, Mata, 1994, nibwo indege yari itwaye uwari Perezida w’u Rwanda Juvenal Habyarimana na mugenzi we w’u Burundi Cyrien Ntaryamira yahanuwe ishyana n’abari bariyirimo bose....
Muri iki gihe abantu bacye nibo batira igitabo. Ndetse gutunga ibitabo ntibigifatwa nk’ikintu kidasanzwe mu mibereho ya muntu. Ariko rero, siko byahoze. Mu Bugereki na Roma...
Ubwo u Rwanda rwatangira urugendo rwo kubaka ubukungu bwarwo bushingiye ku baturage, uburezi n’ikoranabuhanga rwahisemo gukurikiza urugero rwa Singopore, igihugu gito kiri muri Aziya y’Amajyepfo ashyira...
Intiti ikomeye kurusha izindi muri Guinée yitwa Djibril Tamsir Niane yapfuye kuri uyu wa Mbere tariki 08, Werurwe, 2021 azize COVID-19 nk’uko abo mu muryango we...