Ku wa Kabiri mu masaha y’umugoroba, umugabo wo mu Murenge wa Byimana, Akagari ka Mpanda yamize inyama y’akabenzi iramuhagama, bagerageza kuyimurutsa biranga iramuhitana. Ababibonye bemeza ko...
Abaturage bo mu Karere ka Gakenke babwiye itangazamakuru ko bahawe ibagiro rifite ubushobozi bwo kubagirwamo inka 600 ku munsi ariko ngo zarabuze k’uburyo habagwa iziri hagati...
Umworozi w’ingurube akaba na rwiyemezamirimo witwa Jean Claude Shirimpumu avuga ko mu banyamahanga baza kumugurira ingurube zo kubaga abo muri DRC baza ku mwanya wa mbere....
Mu Nteko rusange y’Abadepite mu Nteko ishinga amategeko ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo umwe mu Badepite yabwiye bagenzi be ko igihe kigeze ngo hatorwe itegeko...
Abagabo babiri n’umugore umwe bo mu Murenge wa Rubavu bakurikiranyweho kwiba inka y’umuturage bakagurisha inyama. Ku wa gatatu taliki 08, Werurwe, 2023 nibwo bivugwa ko bariya...