Mu rwego rwo gufasha abaturage gutura mu nzu zisa neza kandi zidahenze, hari gahunda y’uko mu mwaka wa 2028 hazubakwa inzu 700,000. Muri zo 70% zigomba...
Mu Murenge wa Jenda mu Karere ka Nyabihu hari umuturage uvuga ko igice kimwe cy’inzu ye cyasenywe n’ibiza ubuyobozi bwanga kumufasha kuyisana kandi ari mu kiciro...
Amakuru y’uko Stade Amahoro izagurwa ikongererwa ubwiza n’ubuso yatangiye gutangazwa bwa mbere n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe imyubakire, Rwanda Housing Authority, mu mwaka wa 2018. Muri Werurwe, 2022...
Ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda buraha imiryango ibiri yo mu Murenge wa Nkombo inzu nshya zo guturamo. Ni inzu zihawe iyi miryango nk’igikorwa cy’inyongera Polisi y’u...
Ahahoze hakorera Minisiteri y’ubutabera, Urukiko rw’ikirenga n’Ubushinjacyaha bukuru bwa Repubulila ubu harazitiwe kugira ngo ibyari bihubatswe bisenywe, hubakwe inzu nini y’ubucuruzi n’izindi serivisi yiswe INZOVU Mall....