Urwego rwasigaranye imirimo y’inkiko mpuzamahanga mpanabyaha (IRMCT) rwafashe icyemezo cyo gusubiza i Arusha muri Tanzania Abanyarwanda umunani baherukaga kwimurirwa muri Niger, nyuma igategeka ko bava ku...
Itariki ya nyuma yageze. Abanyarwanda umunani bimuriwe muri Niger baheruka kwemererwa kuguma muri icyo gihugu mu minsi 30, mu gihe bagishakirwa ahandi berekeza. Nyamara u Rwanda...
Kabuga Félicien uregwa ibyaha bya Jenoside agiye gusubira imbere y’abacamanza b’Urwego rwasigariyeho inkiko mpuzamahanga mpanabyaha, IRMCT, mu gikorwa gitegura urubanza rwe mbere y’uko rutangira kuburanishwa mu...
Urwego rwasigaranye imirimo y’inkiko mpuzamahanga mpanabyaha (IRMCT) rwamenyesheje Abanyarwanda umunani baheruka kwimurirwa muri Niger ko icyemezo kibirukana muri icyo gihugu cyasubitswe iminsi 30, mu gihe hategerejwe...
Urwego rwasigaranye imirimo y’inkiko mpuzamahanga mpanabyaha (IRMCT) rwategetse Niger guhagarika icyemezo cyirukana mu gihugu Abanyarwanda umunani baheruka kwimurirwayo, nyuma y’igihe baba i Arusha muri Tanzania. Ni...