Umuryango uhuza indi miryango y’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994 witwa IBUKA, waraye utoye Komite nyobozi isimbura icyuye igihe. Perezida mushya wa IBUKA ni...
Ibintu bikomeje kuzamba ku muraperi w’Umunyamerika witwa Kanye West. Umwe mu bahoze ari abakozi be avuga ko mu mwaka wa 2018 uyu mugabo yigeze kubakoresha inama...
Mu ijambo yavugiye mu muhango wo kwizihiza imyaka 60 u Rwanda rumaze mu Muryango w’Abibumbye, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr. Vincent Biruta avuga ko umubano...
Francois Xavier Nsanzuwera wugeze kuba Umushinjacyaha Mukuru wa Repubulika yabwiye inteko iburanisha urubanza rwa Kabuga Felicien ko uyu mugabo ari we watanze amafaranga menshi mu gushinga...
Madamu Jeannette Kagame yabajije abandi bafasha b’Abakuru b’ibihugu n’abandi bagore bari mu buyobozi bukuru mu nzego zitandukanye niba aho babereye hari uwabonye umuryango w’abantu ugira icyo...