Mu Kagari ka Kirehe, Umurenge wa Kabare mu Karere ka Kayonza haravugwa inkuru y’umusore witwa Jean Pierre Rugerinyange wishe Nyina amukubise ishoka. Uyu musore yari asanzwe...
Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yatangaje ko imirenge icumi yari ikiri muri Gahunda ya Guma mu Rugo iyikuwemo. Itangazo ryasinywe na Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Jean Marie Vianney Gatabazi...
Abaturage bo mu tugari tw’Umurenge wa Ndego mu Karere ka Kayonza baratakamba bavuga ko muri uriya murenge hari abashumba baboneshereza, hagira ukoma bakamukubita. Ngo iyo baregeye...
Croix Rouge y’u Rwanda yageneye abaturage 2565 bo mu Ntara y’Iburasirazuba 180.000 Frw buri muntu, yo kwifashisha mu mishinga yatoranyijwe no gukemura ibibazo by’ibanze, mu guhangana...
Croix Rouge y’u Rwanda ikomeje kugira uruhare mu guhindura ubuzima bw’abaturage, aho igiye gutanga 150.000 Frw ku miryango yatoranyijwe ngo ishyire mu bikorwa imishinga yahisemo, aherekezwa...