Umuhanzi Davis D yashimiye abantu bose bamufashije ubwo yari afunzwe, ashinjwa ubufatanyacyaha mu gusambanya umwana. We n’abo bareganwa baheruka kurekurwa by’agateganyo, mu gihe bategereje kuburana mu...
Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwategetse ko abahanzi Davis D, Kevin Kade n’umufotozi Habimana Thierry bafungurwa by’agateganyo, nyuma yo gusanga nta bimenyetso bikomeye byagaragajwe ku cyaha bakekwaho...
Abahanzi Davis D na Kevin Kade bakunzwe muri iyi minsi batawe muri yombi, bakurikiranyweho ibyaha byo gusambanya umwana n’ubufatanyacyaha mu gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka 17. Icyishaka...