Amabwiriza ya Komisiyo y’igihugu y’amatora mu Rwanda yatanze ibwiriza ko buri muntu mu bagize Komite itora ku rwego rw’Umudugudu aza yitwaje ikaramu YE kugira ngo hatagira...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko mu gihe cya vuba hazatangira umushinga wo kuvugurura uduce tune tugaragara nk’akajagari, tugashyirwamo ibikorwa remezo ku buryo abahatuye bazashishikarizwa guhita...
Ikigo Vivo Energy Rwanda gicuruza ibikomoka kuri peteroli cyatangije ubukangurambaga cyise ‘Birahwanye’, bugamije gushimangira ko abakiliya bacyo bahabwa ibicuruzwa bifite ubuziranenge, bagahabwa ingano ihwanye n’amafaranga bishyuye...