Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere ka Kicukiro witwa Antoine Mutsinzi avuga ko bishoboka ko Denis Kazungu uvugwaho kwica urubozo abantu akabajugunya mu cyobo kiri iwe azaburanishirizw amu ruhame....
Urukiko rw’i La Haye rwanzuye ko Felisiyani Kabuga adashobora kuburanishwa kubera ibyo rwise ‘ibibazo by’ubuzima’. Hari amakuru avuga ko ubwonko bwa Kabuga bitakibuka ibintu byose byabaye...