Nk’uko bimeze henshi mu Rwanda, abakora mu rwego rw’ubuzima mu Karere ka Gicumbi bafatanyije n’abashinzwe imibereho myiza y’abaturage bakora uko bashoboye ngo barinde abana kugwingira. Imwe...
Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango Prof Jeannette Bayisenge avuga ko iyo umugore afite amafaranga, akagira icyo azana mu rugo birugirira akamaro. Ngo bituma abarugize bagira imibereho myiza...
Guverinoma y’u Rwanda yatangije ubukangurambaga bugamije guteza imbere ubuzima bw’umwana n’umubyeyi, mu gihe imibare yerekana ko hari ibibazo birimo kugwingira bikomeje kugaragara kandi bidindiza iterambere ry’igihugu....
Leta y’u Buyapani binyuze mu kigo cyayo gishinzwe iterambere mpuzamahanga (JICA), yahaye u Rwanda inguzanyo ya miliyoni $27 (miliyari zisaga 27 Frw), zizifashishwa mu mushinga wo...
Umubyeyi ufasha abana barererwa muri rimwe mu marerero yo mu Karere ka Ngororero mu murenge wa Ngororero asaba Leta kwibuka imvune zabo n’ubwitange ikabaha agahimbazamusyi. Avuga...