Raporo iherutse gusohoka ishinja Amerika kumviriza ibiganiro hagati y’abategetsi b’ibihugu bikomeye by’u Burayi birimo u Bufaransa n’u Budage ibifashijwemo na Denmark yateje umwuka mubi. Ibi bihugu...
Nyuma yo gusura Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ruri ku Gisozi, agasura IPRC Tumba, Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yajyanye na mugenzi we Paul Kagame kureba...
Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yasuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ruri ku Gisozi, aho yasobanuriwe uko yateguwe, yashyizwe mu bikorwa n’ingaruka zayo. Macron...
Mu Rwanda cyane cyane mu Mujyi wa Kigali ibiganiro biterekeye ibiri kubera i Rubavu kubera umutingito uhamaze igihe, ni ibyerekeye uruzinduko Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron...
Hari abemeza ko Emmanuel Macron afite politiki yihariye cyane ugereranyije n’abandi bamubanjirije ubwo Repubulika yiswe iya Gatanu yatangiraga mu Bufaransa itangijwe na Gen Charles de Gaulle. ...