Binyuze mu Kigega cy’Abanyamerika gishinzwe iterambere mpuzamahanga, USAID, Amerika yahaye u Rwanda miliyoni 75 $ ni ukuvuga miliyari 75 Frw zo kurufasha mu bikorwa byo guhashya...
Ikigo gishinzwe kugenzura ibiribwa n’imiti (Rwanda FDA) cyatangaje ko gifite gahunda ko mu ntangiro z’umwaka utaha ibikenewe byose bizaba bimaze kuboneka, mu Rwanda hagatangira gukorerwa inkingo...
Taarifa yabajije Dr Aimable Mbituyumuremyi ushinzwe ibikorwa byo kurwanya Malaria mu Kigo cy’igihugu cy’ubuzima aho ubwandu bwayo buhagaze mu Rwanda avuga ko Malaria igihari kandi ifata...
Ubushakashatsi bw’Ikigo cy’igihugu cy’ubuzima, RBC, bwagaragaje ko mu bihe by’icyorezo cya COVID-19 serivisi zo kurwanya malaria mu gihugu zakomeje, ariko zahungabanye mu buryo bugaragara urebye ibyateganywaga...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC, cyatangaje ko ubwandu bwa malaria ku mwaka bukomeje kugabanyuka kimwe n’imibare y’abahitanwa nayo, ku buryo mu mwaka ushize wa 2020 abazize iyo...