Umuhanzi Itahiwacu Bruce wamamaye nka Bruce Melodie yashinjwe kwibasira abahanzi Meddy na The Ben bakunzwe mu Rwanda, avuga ko we binamubabaza kuba yagereranywa nabo. Intambara y’amagambo...
Mu birori bya The Choice Awards 2020 Bruce Melodie yegukanye igihembo cy’umuhanzi wahize abandi mu Rwanda, Meddy ahabwa icy’umuririmbyi w’umwaka mu Banyarwanda bakorera umuziki hanze y’igihugu. Kubera...
Umuziki mu Rwanda ugitangira byari bigoye ko hari uwatekereza ko uzatunga umuhanzi. Byatumye hari abahanzi bahitamo guha umwanya wabo amashuri, kuko nta kizere cy’uko umuziki wazabatunga...