Ngabo Medard, Umunyarwanda wamamaye ku zina rya Meddy yasohoye indirimbo nshya yise Grateful. Irimo ubutumwa bwo gushimira Imana ibyiza yamufashije kugeraho no kuba yita ku bayo...
Umuhanzi Meddy (Ngabo Médard Jobert niyo mazina ye) ari mu byamamare bimaze kugaragaza umubabaro byatewe n’urupfu rw’umwana w’imyaka itanu witwa Akeza Elisie Rutiyomba . Kuri Twiter...
Ku rukuta rwe rwa Twitter Umuhanga Ngabo Medard wamamaye nka Meddy yatangaje ko ubu yakiriye Yesu mu mutima we ngo amubere umwami n’umukiza. Ngo hari abo...
Uburyo indirimbo nshya ya Meddy yujuje miliyoni imwe y’abantu bayirebye kuri YouTube mu minsi ibiri gusa, ntibivugwaho rumwe na bamwe mu bahanzi. Bamwe babifashe nk’ikintu gikomeye...
Umuhanzi Itahiwacu Bruce wamamaye nka Bruce Melodie yashinjwe kwibasira abahanzi Meddy na The Ben bakunzwe mu Rwanda, avuga ko we binamubabaza kuba yagereranywa nabo. Intambara y’amagambo...