Imwe mu ngingo Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente aherutse kugarukaho mu kiganiro yagiranye n’abarimu bari baje kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe abarimu ni ugucunga neza umutungo w’ibigo...
Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko mu bakandida 72,910 bakoze ibizamini bya leta bisoza amashuri yisumbuye, abagera ku 7727 batagejeje ku inota fatizo bityo batemerewe guhabwa impamyabumenyi. Kuri...
Minisitiri w’Uburezi Dr Valentine Uwamariya yemeje ko isaha ya mbere y’amasomo buri munsi igiye guharirwa gufasha abanyeshuri basigaye inyuma, hagamijwe kureba ko umubare w’abatsindwa ibizamini wagabanyuka....
Minisitiri w’Uburezi Dr Valentine Uwamariya yashimiye abalimu bakomeje kuba indashyikirwa mu mwuga wabo, ashimangira ko uburezi ari yo nkingi ikomeye mu iterambere ry’igihugu haba mu rwego...
Umuyobozi Mukuru w’Ikigo gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’amashuri Dr Bernard Bahati yavuze ko abanyeshuri 6541 batakoze ibizamini bya leta bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye, mu...