Minisiteri y’ubuzima yasohoye itangazo rivuga ko bibujijwe gukora inkuru ku miti cyangwa ibikorwa by’ubuvuzi. Itangazo ry’iyi Minisiteri rivuga ko umuntu wemerewe kwamamaza imiti cyangwa ibikorwa by’ubuvuzi,...
Nyuma yo kuraswa amasasu abiri mu gituza akajyanwa kwa muganga, byarangiye Shinzo Abe wahoze ari Minisitiri w’Intebe apfuye. Uwamurashe ni umugabo w’imyaka 41, amazina ye ni...
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda yatangaje ko rudashaka na gato intambara na Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Dr Vincent Biruta yabwiye France 24 ko n’ubwo ubushotoranyi...
Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda yasohoye itangazo rivuga ko hari umusirikare wo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo winjiye ku butaka bw’u Rwanda akarasa abapolisi babiri bagakomereka...
Nyuma y’uko Minisiteri y’uburezi itangaje ko abanyeshuri biga i Kigali ariko bakiga bataha bazaguma iwabo mu Cyumweru CHOGM izaberamo, abanyeshuri basabwe kuzakomeza kwiyigisha bagasubira mu byo...