Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko mu gihe cya vuba hazatangira umushinga wo kuvugurura uduce tune tugaragara nk’akajagari, tugashyirwamo ibikorwa remezo ku buryo abahatuye bazashishikarizwa guhita...
Ubwo bwisobanuraga imbere ya Komisiyo mu Nteko ishinga amategeko ishinzwe kugenzura imikoreshereze y’imari ya Leta, Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwavuze ko nyuma gusanga amazi yazuraga agatuma...