Imihagurikire y’ikirere igiye gukamya burundu icyuzi cyahaga amazi abatuye umujyi wa Muhanga nk’uko bitanganzwa n’ubuyobozi bwa WASAC muri uriya mujyi uri mu yungirije Umurwa mukuru, Kigali....
Umushoferi witwa Ndagijimana Jean D’Amour yafatiwe i Muhanga apakiye magendu muri Fuso. Yari atwayemo amabalo 140 ya caguwa, amabaro arindwi y’ibitenge, amabaro atanu y’inkweto za caguwa,...
Mu Murenge wa Kabacuzi mu Karere ka Muhanga haravugwa umugabo warashwe n’inzego z’umutekano nyuma yo gushaka kuzirwanya akoresheje umuhoro. Yari amaze igihe gito afashwe ashinjwa kwica...
Mu Murenge wa Kanjongo mu Karere ka Nyamasheke hafatiwe Ibilo 247 by’urumogi rwari ruhishe mu mifuka y’amakara. Barusanze ruri mu mifuka yari iri mu modoka isanzwe...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga buherutse gusaba ko ibyo guteza cyamunara y’umuryango ufite abana umunani(8) biba bihagaritswe kubera ko kuyiteza cyamurana byateza ibibazo kurushaho. Iyo nzu irazira...