Urwego rw’Ubugenzacyaha rwatangaje ko imibare rwakusanyije ku birego rwahawe ku ngengabikerezo ya Jenoside n’ibyaha bifitanye isano nayo byakozwe mu minsi 100 yo kwibuka ku nshuro ya...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko umugabo wo mu Karere ka Kayonza ukekwaho kwica umugore we n’abana batatu yafashwe ariko ngo yararuciye ararumira ntiyavuga icyamuteye gukora...
Arnold Mazimpaka uzwi ku izina rya Sintex afunganywe n’abandi bantu batatu barimo umukinnyi wa Gorilla FC witwa Mukunzi Vivens bazira gukoresha ibiyobyabwenge. Undi ufunzwe ni umuhanzi...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, ruvuga ko rwashyikirije Ubushinjacyaha dosiye ya Turahirwa Moses ukurikiranyweho ibyaha by’inyandiko mpimbano no gukoresha ibiyobyabwenge. Uyu yamamaye cyane mu mideli ubwo yashingaga...
Umubikira uyobora Ikigo Nderabuzima cy’i Kivumu mu Karere ka Rutsiro akurikiranyweho icyaha cyo ‘kwirengagiza’ gutabara umuntu uri mu kaga. Bivugwa ko yinangiye yanga gutanga imbangukiragutabara y’ibitaro yayoboraga...