Umugabo wo mu Karere ka Kicukiro, Umurenge wa Kanombe avuga ko abantu babiri bamuniganye Miliyoni 1.2 Frw yari ajyanye iwe ngo nibujya azigabana na bagenzi bo...
Ubwo yasubizaga ikibazo cy’icyo RIB yasanze gishobora kuba gitera abantu kwica amategeko cyane cyane bakabikora bakoresheje ikoranabuhanga, Dr Thierry B. Murangira yavuze ko impamvu y’ingenzi ibitera...
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha Dr. Thierry B. Murangira niwe waraye utanze iyi gasopo. Avuga ko abantu barengera bagakoresha ruriya rubuga nkoranyambaga kugira ngo babibe ingengabitekerezo bazakurikiranwa...
Taarifa yamenye ko Bwana Alfred Byigero wahoze ayobora Ikigo cy’igihugu gishinzwe isuku n’isukura ari gukorwaho iperereza n’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha. Undi uri gukorwaho iperereza ni Kamugisha Samuel,...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, ruburira abacuruzi kujya bashishoza bakirinda guhubukira abababwira ko babonye imari kandi iyo mari bita ko ishyushye ishobora kubahombya. Rubivuze nyuma yo gufata...