Abayobozi mu Turere duherutse gusurwa n’Abasenateri ubwo bagenzuraga ibibazo biri mu Midugudu mu Rwanda, bababwiye ko imwe mu mpamvu ituma imidugudu ititabwaho ari uko nta mukozi...
Mu Nteko rusange ya Sena y’u Rwanda yaraye iteranye, Abasenateri banzuye ko Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente azaza kubasobanurira ingamba Leta yafashe ngo ibibazo basanze mu...
Senateri Marie Rose Mureshyankwano wari uyoboye itsinda ry’Abasenateri riherutse kuzenguruka u Rwanda rireba ibibazo biri mu batuye imidugudu w’Icyitegerezo avuga ko kimwe mu bibazo basanze yo...
Komisiyo Idasanzwe ya Sena yatangiye gusura imidugudu yatangiye gahunda yo gusura imidugudu y’icyitegererezo hirya no hino mu Rwanda mu rwego rwo kumenya ibibazo biyigaragaramo. Ni igahunda...