Muri Nigeria haravugwa inkuru idasanzwe y’umusore wakoraga ivugabutumwa wishe umukunzi we akamuhamba mu nzu ye. Yari Pasiteri mu Pantekoti wakoreraga umurimo ahitwa Yenagoa. Umukobwa wishwe yitwaga...
Mu gace kitwa Zamfara muri Nigeria, abantu 29 bari bavuye mu bukwe batashye bahura n’abantu babateze igico barabashimuta. Nyuma y’Ibyumweru bibiri, nibwo barekuwe abantu batakambye ariko...
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda General Jean Bosco Kazura yakiriye mu Biro bye mugenzi we uyobora ingabo za Mali zitwa General Oumar Diarra. We n’itsinda ayoboye...
Ku cyicaro gikuru cy’ingabo z’u Rwanda ku Kimihurura hahuriye ingabo z’u Rwanda n’iza Nigeria ziri mu Rwanda mu rwego rwo kwiyungura ubumenyi. Aba basirikare baje mu...
Nyuma y’uko ibicuruzwa biva mu Burusiya birimo n’ibikomoka kuri Petelori bikomanyirijwe ku isiko ry’i Burayi, ubu Nigeria niyo ihanzwe amaso ngo ihe u Burayi ibikomoka kuri...