Ubwo bitabaga Komite y’Abadepite mu Nteko ishinga amategeko ngo basobanure icyatumwe badatanga NEZA ubufasha bwari bugenewe imiryango mu rwego rwo gukumira igwingira, abayobora Nyabihu bavuze ko...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko ku wa Gatandatu tariki ya 11 Nzeri abapolisi bakorera mu Karere ka Nyabihu bafashe abantu babiri barimo uw’imyaka 21 n’undi ufite...
Minisiteri y’uburezi yasinye amasezerano y’ubufatanye n’Ikigo cy’Abanya Koreya y’Epfo gishinzwe iterambere mpuzamahanga agamije kuzubaka amacumbi( campus) mashya y’abanyeshuri bigira gukorera porogaramu za mudasobwa mu Karere ka...
N’ubwo Nyabihu ari kamwe mu turere dufite abaturage bakennye kurusha abandi mu Rwanda ukurikije ubushakashatsi buherutse gutangazwa n’Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare( NISR), muri iki gihe kari kuzamura...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko ifatanyije n’izindi nzego z’umutekano, bafashe abantu babiri mu itsinda ry’abantu umunani ryari ryikoreye magendu y’imyenda ya caguwa, ririmo abafite imihoro. Bafashwe...