Kuri uyu wa Kane taliki 31, Ukuboza, 2020 nibwo Perezida Paul Kagame yavuze ijambo rirangiza umwaka, arigeza ku batuye u Rwanda. Hari saa tatu z’ijoro Perezida...
Umugabo witwa Jerôme Tumusifu yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rumukurikiranyeho gukubita uwitwa Etienne Musabyemahoro w’imyaka 15 bikamuviramo urupfu. Abamuzi babwiye Taarifa ko asanzwe ari umunyamahoro....
Imyaka igiye kuba 30 u Rwanda ruvuye muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Kugeza ubu ni igihugu kiri gutera imbere n’ubwo hatabura ibitotsi birimo na bamwe mu bayobozi...
Amakuru ava ku mupaka wa Eritrea na Ethiopia avuga ko hari abasirikare benshi ba Eritrea bahorejwe ku mupaka wayo na Ethiopia. Hari ubwoba ko Eritrea ishobora...
Umuhanga mu bubanyi n’amahanga akaba n’umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda Dr Ismael Buchanan avuga ko kuba Perezida Tshisekedi yaraye afashe umwanzuro w’uko ishyaka rye ryitandukanyije n’iry’uwo...