Guverinoma y’u Bushinwa yatangaje ko yashyiriyeho ibihano abahoze ari abayobozi bakuru mu butegestsi bwa Donald Trump waraye ahererekanyije ubushobozi na Joe Biden. Bisa n’aho ari ikintu...
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ububanyi n’amahanga wa USA Mike Pompeo yatangaje ku mugaragaro ko USA izi neza kandi yemeza ko Abarusiya ari bo bayigabyeho igitero cy’ikoranabuhanga...