*Bamwe bashora Leta mu manza igatsindwa, abandi bagakoresha amafaranga yayo mu byo atagenewe… Ibihano abakozi ba Leta y’u Rwanda bahabwa kandi bidakurikije amategeko bituma bayirega igatsinda...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi, RAB, gifite abakozi b’abahanga mu bintu byinshi ariko ku rundi ruhande uwareba ibyo gikora yakwibaza impamvu imishinga ikomeye y’igihugu...
Umuyobozi mukuru wungirije mu kigo gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi mu Rwanda, RAB, Dr Solange Uwituze yatangaje ko u Rwanda rwasohoye iteka rishya rigena uko amatungo...
Mu rwego rwo kongera umusaruro w’inyama z’ingurube, Leta y’u Rwanda binyuze muri Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi yatangije gahunda yo kuzitera intanga kugira ngo zororoke kandi ntizirwagurike. Ikigo...
Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi yibutse gutangaza ko hari ubwoko butatu bw’imiti buri gukorwa nyuma y’uko aborozi bo mu Karere ka Nyagatare batangaje ko imiti bari bamaze igihe...