Perezida Yoweli Museveni avuga ko afite inka nziza zizi kwihanganira izuba ntizinambe, zikagumana itoto. Ni inyambo kandi ngo mu myaka mike ishize yagurishije Ramaphosa inka 43...
Abaturage bo mu mashyaka atavuga rumwe na Leta y’Afurika y’Epfo basabye Perezida w’iki gihugu Cyril Ramaphosa kwegura ku buyobozi bw’Ishyaka ANC riri k’ubutegetsi bitarenze amasaha 42. ...
Mu mpera z’Icyumweru gishize umugabo ukomoka muri Zimbabwe witwa Elvis Nyathi yafashwe n’abaturage bo muri Afurika y’Epfo bamutwika ari muzima. Ni igikorwa cyatumye Leta ya Afurika...
Urutonde ruherutse gusohorwa n’Ubuyobozi bukuru bw’Umuryango w’Afurika yunze Ubumwe, rwerekanye Abakuru b’ibihugu by’Afurika babaye ibyatwa( champions) mu guteza imbere Afurika binyuze mu gushyiraho no gushyigikira politiki...
Nyuma yo guhererekanya ububasha na Perezida Cyril Ramaphosa wari umaze umwaka ayobora Afurika yunze ubumwe, Perezida Felix Tshisekesi yavuze ijambo rikubiyemo ibyo ateganya kuzageza kuri Afuruka...