Mu rwego rwo gushakira ibisubizo ibibazo abanyenganda bagaragaje ku byerekeye umusoro ubaremereye, Ikigo cy’imisoro n’amahoro cyatangaje ko cyongereye ingano y’ayo gifata ku musoro ku nyungu kinjije,...
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro bwabwiye Taarifa ko mu gihe gito kiri imbere bugiye gusuzuma niba abacuruza inzoga mu tubari batanga inyemezabwishyu y’ikoranabuhanga, EBM. Ni mu...
Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe imisoro n’amahoro gitangaza ko mu gihe gito kimaze kugaruza imisoro n’amahoro bingana na Miliyoni Frw zikabakaba 400. Ndetse ngo hari inzu z’ubucuruzi...
Ikigo cy’Igihugu cy’imisoro n’amahoro cyatanze italiki ntarengwa y’uko abantu bose batagicuruza kubera impamvu runaka, bagomba no kuba bahagaritse nomero batangiragaho umusoro zizwi ku izina rya TiN...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro kiri ku rutonde rw’ibigo bya Leta biyihombya. Ibyo bigo uko ari WASAC, REG, UR, RRA n’Akarere ka Karongi, bimaze guhombya Leta...