Nyuma y’ubugenzuzi rwakoze rufatanyije n’izindi nzego, Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, rwafashe ibicuruzwa bitujuje ubuziranenge bifite agaciro ka Frw 15,988,025. Iduka basanzemo biriya bicuruzwa riba mu Gakinjiro,...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rwataye muri yombi umunyamakuru witwa Ruhumuriza ukorera kimwe mu binyamakuru bikorera mu Rwanda ‘akekwaho’ icyaha cyo gukubita no gukomeretsa. Uyu mugabo w’imyaka 40...
Abaturage b’imirenge ya Nyamugari na Mushikiri mu Karere ka Kirehe babwiye abagenzacyaha ba RIB ko imwe mu mpamvu zikurura amakimbirane hagati yabo ari izishingiye ku masambu....
Abakozi b’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha, (RIB), mu ishami rishinzwe ubushakashatsi no gukumira ibyaha, barasaba ababyeyi kwibuka ko gutererana umwana babyaye ari icyaha. Ngo binatuma ajya mu...
Taarifa yamenye ko Umwari Chantal washakanye n’umunyamakuru Théoneste Nsengimana wari uherutse gutangazwa ko yafashwe kubera impamvu zitazwi, izo mpamvu zatumye afatwa ari uko akekwaho icyaha cyo...