Taliki 05, Nzeri, 2022, Ubugenzacyaha bwataye muri yombi abakozi bane barimo abakorera RSSB n’Umuyobozi Mukuru w’Ibitaro bya Mibirizi witwa Dr Nzaramba Théoneste. Abandi bafatanywe na Dr...
Mu rwego rwo gufasha abaturage gutura mu nzu zisa neza kandi zidahenze, hari gahunda y’uko mu mwaka wa 2028 hazubakwa inzu 700,000. Muri zo 70% zigomba...
Abo mu Mushinga See Far Housing bavuga ko bufite umugambi munini wo kubaka inzu zikodeshwa mu Bugesera, muri Kicukiro, muri Muhanga, muri Rusizi no muri Rubavu...
Ikigo Mpuzamahanga cya Kigali gishinzwe Ibikorwa by’Ubucuruzi n’Imari (KIFC) cyatangaje ko hashinzwe ikigega cya miliyoni $250 cyiswe Virunga Africa Fund I, kigiye gushora imari mu nzego...
Umunsi umwe Perezida Paul Kagame yasuye kimwe mu bihugu byo mu Majyaruguru y’Afurika ajyanywe no gutsura umubano. Ageze yo yahabonye ikibuga gikoze neza cy’umukino wa golf,...