Mu Murenge wa Cyato mu Karere ka Nyamasheke hari abaturage bavuga ko bagejeje ikibazo cyabo ku nzego zitandukanye bazibwira ko barenganye kuko babariwe agaciro k’imitungo ubwo...
Intumwa z’u Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo ziri mu biganiro bya nyuma ku bikorwa byo kubaka no kubyaza umusaruro umupaka uhuriweho, ugiye kubakwa hagati...
Uru ni urubanza ruregwamo umunyemari Uwemeye Jean Baptiste ufite ikigo yise ECOAT Ltd. Uyu munyemari yigeze gutsindira isoko ryo gusana umuhanda wa Muhanga- Karongi w’ibilometero 74...
Guverinoma y’u Rwanda yasinyanye n’Ikigega cy’Iterambere cya Abu Dhabi amasezerano y’inguzanyo ya miliyoni $15 – ni hafi miliyari 15 Frw – azakoreshwa mu gusana umuhanda Rambura...