Ibyishimo ni byinshi ku baturage b’Umurenge wa Ruli muri Gakenke n’uwa Rongi muri Muhanga nyuma y’uko ikiraro cyambuka Nyabarongo giciye mu kirere cyuzuye. Kizabafasha guhahirana, kwivuza...
Nyuma y’uko ibiraro bibiri byahuzaga Akarere ka Muhanga n’Akarere ka Gakenke bisenywe n’ibiza, Guverinoma y’u Rwanda igeze kure yubaka ikiraro kinyura mu kiere kizahuza ibi bice...
Mu Murenge wa Cyato mu Karere ka Nyamasheke hari abaturage bavuga ko bagejeje ikibazo cyabo ku nzego zitandukanye bazibwira ko barenganye kuko babariwe agaciro k’imitungo ubwo...
Intumwa z’u Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo ziri mu biganiro bya nyuma ku bikorwa byo kubaka no kubyaza umusaruro umupaka uhuriweho, ugiye kubakwa hagati...
Uru ni urubanza ruregwamo umunyemari Uwemeye Jean Baptiste ufite ikigo yise ECOAT Ltd. Uyu munyemari yigeze gutsindira isoko ryo gusana umuhanda wa Muhanga- Karongi w’ibilometero 74...