Umwe mu barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda uhagarariye imiryango y’abahoze ari abakozi ba Perefegitura y’Umujyi wa Kigali witwa Assia Kagitare avuga ko Inkotanyi zahagaritse Jenoside...
Pudence Rubingisa uyobora Umujyi wa Kigali yanditse kuri Twitter ko umuganda rusange ari igikorwa Abanyarwanda batekereje kandi bagishyira mu bikorwa hagamijwe gushakira ibisubizo ibibazo bibareba. Yanditse...
Siporo rusange imaze kumenyerwa nka Car Free Day yongeye kuba mu Mujyi wa Kigali nyuma y’amezi asaga atatu ihagaritswe, ikorwa hubahirizwa amabwiriza yo kwirinda Covid-19. Iyi...
Abanyarwanda baba mu Rwanda no hanze yarwo bavuga ko Umukozi muri East African Community witwa Daniel Murenzi akaba ari Perezida wa Diaspora Nyarwanda ku rwego rw’Isi...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangarije Taarifa ko kugeza ubu bamaze kubarura imiryango 69,000 ikeneye guhabwa ibiribwa byo kubafasha kubaho muri iki gihe cya Guma Mu Rugo...