Colonel Jeannot Ruhunga(ubu ari mu kiruhuko cy’izabukuru nk’umusirikare) amaze imyaka itanu ayobora Urwego rw’Ubugenzacyaha. Aherutse kuvuga ko ubwo yahamagarwaga n’Umugaba w’ingabo, ngo amubwire ko yagizwe umuyobozi...
Mu kiganiro yahaye itangazamakuru, Umunyamabanga mukuru w’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, (Rtd) Col Jeannot Ruhunga yavuze ko myaka hafi itanu urwego ayobora rumaze rushinzwe, abagenzacyaha bagera kuri...
Ubugenzacyaha bw’u Rwanda buherutse kugirana ibiganiro na Polisi mpuzamahanga, INTERPOL, kugira ngo imikoranire ikazwe. Ni ibiganiro byabereye mu Buhinde ahamaze iminsi habera Inama mpuzamahanga ya Polisi...
Minisitiri w’Ubutabera Dr Emmanuel Ugirashebuja yabwiye abagenzacyaha bari barangije amahugurwa y’ibanze mu by’ubugenzacyaha ko ibyaha byugarijwe u Rwanda muri iki gihe ari byinshi ariko ibigaruka kenshi...
Mu Karere ka Musanze ahari ikigo cya Polisi giha amasomo abakora mu rwego rw’ubugenzacyaha no gukusanya ibimenyetso bigamije gutanga uburabera( RIB na Polisi), kuri uyu wa...