Abasenateri babajije abapolisi bakuru muri Polisi y’u Rwanda iby’amakamyo bita ‘DIPINE’( ubusanzwe yitwa HOWO) amaze iminsi akora impanuka zigahitana Abanyarwanda. Polisi yasubije ko hari iperereza ryimbitse...
Umuyobozi muri Polisi y’u Rwanda ushinzwe ibikorwa no gushyira ibintu mu buryo Commissioner of Police( CP) George Rumanzi yaraye abwiye abapolisi 143 bari barangije akazi kabo...
Polisi y’u Rwanda yaraye iburiye abacuruza ibikoresho byakoze(occasion) basabwe kujya bashishoza kuko hari ubwo bagura bakanagurisha ibikoresho byakozwe kandi ari ibyibano. Hari mu kiganiro nyunguranabitekerezo n’abakora...