Ubwo Hon Edouard Bamporiki n’abamwunganira mu mategeko bagezaga ku rukiko rukuru impamvu z’ubujurire bwabo, bavuze ko bikwiye ko ikirego cy’uko yakoresheje ubushobozi yahabwaga n’amategeko mu nyungu...
Abagenzacyaha bo muri Polisi y’u Bubiligi bari mu iperereza rimaze gufatirwamo abantu barimo n’uwahoze ari Visi Perezida w’Inteko ishinga amategeko y’Ubumwe bw’u Burayi ukurikiranyweho kwakira ruswa...
Mu rwego rwo kwirinda ko hari amafaranga yashorwa mu Rwanda kandi yanduye, Urwego rw’igihugu rw’iterambere, RDB, rwashyizeho uburyo bwo kujya rushaka amakuru afatika ruzaheraho rwemerera umushoramari...
Ubushakashatsi bwa Transparency International Rwanda bwatangajwe kuri uyu wa Gatatu taliki 07, Ukuboza, 2022 bwasanze urwego rw’abikorera ku giti cyabo ndetse n’Ishami rya Polisi y’u Rwanda...
Perezida wa Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa yaraye akuweho amaboko n’abo mu ishyaka rye, ANC, nyuma yo kubona ko yagize uruhare mu byo inkiko ziri kumukurikiranaho birimo...